Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatomboye Djibouti mu ijonjora rya mbere rya CHAN 2024.
Djibouti niyo izakira umukino ubanza uteganyijwe hagati ya tariki 25 na 27 Ukwakira 2024, mu gihe Amavubi azakira uwo kwishyura hagati ya tariki 1 na 3 Ugushyingo 2024.
Ikipe izakomeza izahura n’izava hagati ya Kenya na Sudani y’Epfo mu ijonjora rya kabiri, riteganyijwe mu mpera z’Ukuboza 2024.
Iri rushanwa, rizaba rigiye gukinwa ku nshuro ya munani, rizakirwa n’ibihugu bitatu aribyo; Kenya, Uganda na Tanzania guhera tariki 1 kugeza 28 Gashyantare 2025.
DR Congo na Morocco niyo makipe amaze kwegukana CHAN inshuro nyinshi, inshuro ebyiri.
Kylian Mbappe yafunguye konte y’ibitego muri shampiyona ya La Liga, ubwo yafashaga Real Madrid gutsinda Real Betis ibitego 2...
Samuel Eto'o yahagaritswe amezi atandatu atitabira imikino y'umupira w'amaguru nyuma y'imyitwarire idahwitse yagaragaje mu g...
Ikipe y'igihugu y’umupira w’amaguru ya Senegal yatandukanye n’umutoza wayo Aliou Cissé, nyuma y’imyaka icyenda ayitoza.
Umukinnyi wa Gorilla FC, Nishimwe Blaise, ahamya ko ikipe y’igihugu Amavubi imeze neza, ndetse ifite n’ubushobozi bwo gutsin...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yanyagiriwe na Benin i Abidjan muri Ivory Coast ibitego 3-0 mu mukino wa gatatu wo mw’i...