Umuvugizi w'abafana ba APR, Jangwani, n'uw'abafana ba Rayon Sports, Wasili, bahishuye byinshi ku mikorere mishya bazanye muri shampiyona y'u Rwanda, ijyanye no kuyishyushya.
Aba bombi basobanuye aho bakuye igitekerezo cyo gukora ibitarakorwaga mbere, ndetse n'imbogamizi nyinshi bagiye bahura nazo muri urwo rugendo.
Mu gihe APR yitegura kwakira Rayon Sports mu mukino uhuruza benshi kuruta iyindi muri shampiyona y'u Rwanda, B&B Kigali binyuze mu kiganiro The Long Interview yicaranye na Jangwani na Wasili basobanura urugendo rwabo.
Birakomeza...
Kylian Mbappe yafunguye konte y’ibitego muri shampiyona ya La Liga, ubwo yafashaga Real Madrid gutsinda Real Betis ibitego 2...
Samuel Eto'o yahagaritswe amezi atandatu atitabira imikino y'umupira w'amaguru nyuma y'imyitwarire idahwitse yagaragaje mu g...
Ikipe y'igihugu y’umupira w’amaguru ya Senegal yatandukanye n’umutoza wayo Aliou Cissé, nyuma y’imyaka icyenda ayitoza.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatomboye Djibouti mu ijonjora rya mbere rya CHAN 2024.
Djibouti niy...
Umukinnyi wa Gorilla FC, Nishimwe Blaise, ahamya ko ikipe y’igihugu Amavubi imeze neza, ndetse ifite n’ubushobozi bwo gutsin...