Kuri uyu wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame n'abandi bakuru b'ibihugu na za Guverinoma muri Afurika bitabiriye inama yiga ku bufatanye bw'ibihugu by'Afurika na Indonesia (Indonesia-Africa Forum).
Ni inama yayobowe na Perezida wa Indonesia Joko Widodo.
Iyi nama, iri kubera i Bali muri Indonesia, n'iya kabiri ihuza Indonesia na Afurika, aho igamije gushimangira uri hagati y'iki gihugu na Afurika, ndetse ikibanda ku ngingo zirimo guteza imbere ubuzima, ingufu, kwihaza mu biribwa n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.
Biteganyijwe ko iyi nama yitabirwa n’abagera kuri 855, barimo abakuru b’ibihugu by'Afurika, abakuru baza guverinoma, abari mu rwego rw’abikorera, n’abandi.
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku kubungabunga ibidukikije ya COP29 (Conference of the...
Ubwo hatangizwaga umwaka w’ubucamanza wa 2024-2025 kuri uyu wa Mbere, tariki 2 Nzeri 2024, hagaragajwe ko ubujura no gukubit...
Tariki 1 Ukwakira, ku isi hizizwa umunsi mpuzamahanga w’abageze mu zabukuru. Uyu mwaka mu Rwanda, ibirori byo kwizihiza uyu ...
U Rwanda rugiye guterwa inkunga ingana na miliyoni 28$ (hafi miliyari 38 Frw) n'ikigega mpuzamahanga kirengera ibidukikije '...
Minisiteri y'uburezi 'MINEDUC' kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko ibikorwa byo gusura abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo by'...